GUSOZA ICYUMWERU CY’UMUJYANAMA
Icyumweru cy’umujyanama mu Karere ka Nyabihu cyahawe insanganyamatsiko igira iti’’ Uruhare rw’umujyanama mu iterambetre ry’Akarere’’cyatangiye ku wa gatatu, tariki ya 04 Kamena 2025 gisozwa ku wa kabiri, tariki ya 10 Kamena 2025, aho abajyanama mu Nama Njyanama y’Akarere basuye Imirenge itandakanye mu Karere bakaganira n’abayobozi ku rwego rw’Umurenge, Akagari n’Umudugudu.
Abagize Inama Njyanama y’Akarere bari kumwe n’abakozi ku Karere basuzumye aho Imihigo y’umwaka 2024-2025 igeze ishyirwa mu bikorwa, nyuma bakorana inama n’abaturage, basobanura imikorere y’Inama Njyanama, baganira ku bibazo bibangamiye imibereho y’abaturage n’uburyo bwo kubikemura. Abitabiriye basubanurirwa gahunda za Leta n’uruhare rwabo mu kuzishyira mu bikorwa, bahabwa umwanya wo gutanga ibitekerezo n’ibyifuzo no kubaza ibibazo, ibyabajijwe byarasubijwe ibindi bihabwa umurongo.
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…
Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…
kuri uyu wa 02 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, yayoboye inama y’umutekano yaguye y’Akarere yitabiriwe n’inzego…
Kuri uyu wa 30 Werurwe, hatashywe ku mugaragaro isoko ry’imboga n’imbuto ryavuguruwe ku bufatanye bw’Akarere n’umushinga KilimoTrust, riherereye mu…
Igikorwa cy’umuganda usoza ukwezi kwa Werurwe cyabereye mu mirenge yose igize Akarere ka Nyabihu, ku rwego rw’akarere kibera mu Murenge wa Kintobo.…
Mu Kagari ka Kijote, Umurenge wa Bigogwe,hatangijwe igikorwa cyo kubakira imiryango 30 yagizweho ingaruka n’ibiza, mu rwego rwo gufasha abaturage…
Abaturage bo mu Kagari ka Kazirankara, Umurenge wa Shyira, bifatanyije n’abayobozi batandukanye kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore, mu gikorwa…
Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…