GUTERA AMAFI MU KIYAGA CYA KARAGO
Igikorwa cyo gutera amafi mu kiyaga cya Karago no gutaha ubwato bwa moteri buzajya bufasha mu gikorwa cyo gucunga umutekano muri iki kiyaga giherereye mu Murenge wa Karago, Akarere ka Nyabihu, cyakozwe kuri uyu wa kane, tariki ya 10 ugushyingo 2022 na Koperative KOTUNYA ishinzwe kubungabunga iki kiyaga.
Iki gikorwa cyitabiriwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Karago, Bwana MUSIRIKARE Albert, hari kandi uhagarariye Umuyobozi wa RF ku rwego rw’intara y’Iburengerazuba, Lt. Col. GAKWAVU, Umuyobozi w’Inkeragurabara ku rwego rw’Akarere ka Nyabihu, Lt. Col. RUHARAZA Samuel, Umuyobozi wa Police mu Karere ka Nyabihu, Spt MINANI Bosco, Umuyobozi wa RIB mu Karere, RWANGAMPUHWE KAYIRANGA bari kumwe n’abanyamuryango ba Koperative.
Nyuma yo gutera amafi mu kiyaga, abanyamuryango baganirijwe kuri gahunda za Leta zinyuranye.
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…
Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…
kuri uyu wa 02 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, yayoboye inama y’umutekano yaguye y’Akarere yitabiriwe n’inzego…
Kuri uyu wa 30 Werurwe, hatashywe ku mugaragaro isoko ry’imboga n’imbuto ryavuguruwe ku bufatanye bw’Akarere n’umushinga KilimoTrust, riherereye mu…
Igikorwa cy’umuganda usoza ukwezi kwa Werurwe cyabereye mu mirenge yose igize Akarere ka Nyabihu, ku rwego rw’akarere kibera mu Murenge wa Kintobo.…
Mu Kagari ka Kijote, Umurenge wa Bigogwe,hatangijwe igikorwa cyo kubakira imiryango 30 yagizweho ingaruka n’ibiza, mu rwego rwo gufasha abaturage…
Abaturage bo mu Kagari ka Kazirankara, Umurenge wa Shyira, bifatanyije n’abayobozi batandukanye kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore, mu gikorwa…
Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…