IGARAGAZWA RY’IGISHUSHANYO CY’IMIKORESHEREZE Y’UBUTAKA.
Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 29 Nyakanga 2025, mu cyumba cy’inama cy’Akarere ka Nyabihu, itsinda ry’abakozi riturutse mu Kigo cy’igihugu gishinzwe ubutaka ( Nationa Land Authority), ryagaragarije abagize Komisiyo y’ubukungu mu Nama Njyanama y’Akarere, aho igishushanyo cy’imikoreshereze y’ubutaka kigeze gikorwa.
Abagize itsinda bagaragarije Komisiyo y’ubukungu mu Nama Njyanama y’Akarere imijyi y’Akarere iherereye mu Murenge wa Jenda (Centre ya Kora) no mu Murenge wa Mukamira. Nyuma yo kubona ishusho muri rusange, harebewe hamwe kandi igice cyahariwe icyanya cyagenewe ubwagukiro bw’ishyamba ry’Ibirunga.
Abagize Komisiyo barangije bashima aho imirimo yo gukora igishushanyo igeze
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…
Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…
kuri uyu wa 02 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, yayoboye inama y’umutekano yaguye y’Akarere yitabiriwe n’inzego…
Kuri uyu wa 30 Werurwe, hatashywe ku mugaragaro isoko ry’imboga n’imbuto ryavuguruwe ku bufatanye bw’Akarere n’umushinga KilimoTrust, riherereye mu…
Igikorwa cy’umuganda usoza ukwezi kwa Werurwe cyabereye mu mirenge yose igize Akarere ka Nyabihu, ku rwego rw’akarere kibera mu Murenge wa Kintobo.…
Mu Kagari ka Kijote, Umurenge wa Bigogwe,hatangijwe igikorwa cyo kubakira imiryango 30 yagizweho ingaruka n’ibiza, mu rwego rwo gufasha abaturage…
Abaturage bo mu Kagari ka Kazirankara, Umurenge wa Shyira, bifatanyije n’abayobozi batandukanye kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore, mu gikorwa…
Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…