INAMA KU ITORERO RY’UMUDUGUDU
Inama ku Itorero ry’Umudugudu yateraniye mu cyumba cy’inama cy’Akarere ka Nyabihu kuri uyu wa kabiri, tariki 29/10/2019, hagamijwe kurebera hamwe imikorere myiza y’Itorero ryo ku Mudugudu, imyiteguro y’urugerero ruciye ingando.
Inama yitabiriwe na Visi Perezida wa NIC, Lt. Col Migambi Desire wakiriwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Madamu Mukandayisenga Antoinette; yitabiwe kandi n’umukozi ushinzwe igenamigambi ry’urugerero Uwera Marie Aline, Abagize Komite Nyobozi y’Akarere ka Nyabihu, Abahagarariye inzego z’umutekano, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere, Umuyobozi w’imirimo rusange mu Karere, Umuyobozi w’ishami ry’imiyoborere myiza mu Karere, Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge igize Akarere, Abakozi ku rwego rw’akarere, Abakozi bashinzwe uburezi mu Mirenge, Abakozi bashinzwe irangamirere mu Mirenge, Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Utugari..
Nyuma y’inama basuye Itorero ry’Umudugudu wa Gihira ,Akagari ka Kadahenda, Umurenge wa Karago.
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…
Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…
kuri uyu wa 02 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, yayoboye inama y’umutekano yaguye y’Akarere yitabiriwe n’inzego…
Kuri uyu wa 30 Werurwe, hatashywe ku mugaragaro isoko ry’imboga n’imbuto ryavuguruwe ku bufatanye bw’Akarere n’umushinga KilimoTrust, riherereye mu…
Igikorwa cy’umuganda usoza ukwezi kwa Werurwe cyabereye mu mirenge yose igize Akarere ka Nyabihu, ku rwego rw’akarere kibera mu Murenge wa Kintobo.…
Mu Kagari ka Kijote, Umurenge wa Bigogwe,hatangijwe igikorwa cyo kubakira imiryango 30 yagizweho ingaruka n’ibiza, mu rwego rwo gufasha abaturage…
Abaturage bo mu Kagari ka Kazirankara, Umurenge wa Shyira, bifatanyije n’abayobozi batandukanye kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore, mu gikorwa…
Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…