INAMA NGARUKAGIHEMBWE IHUZA UBUYOBOZI BW’AKARERE, POLICE NA DASSO
Kuri uyu wa gatatu, tariki ya 06 Ugushyingo 2024, Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Madamu Mukandayisenga Antoinette ari kumwe n’Umuyobozi wa Police mu Karere ka Nyabihu, SSP Joemason Gasana n’umuhuzabikorwa w’urwego rwa DASSO mu Karere ka Nyabihu, yayoboye inama ngarukagihembwe ihuza ubuyobozi bw’Akarere ka Nyabihu, Police ikorera mu Karere n’abagize urwego rwa DASSO rukorera mu Karere.
Inama yibanze ku ngingo zitandukanye zirimo; imikorere n’imikoranire hagati ya DASSO n’izindi nzego hagamijwe kugera ku ntego Akarere kaba kariyahe, Imihigo y’Akarere ndetse n’ibindi bikorwa bitandukanye bisaba ubufatanye.
Abitabiriye inama kandi baganirijwe kuri gahunda yo gufatira hamwe ingamba zigamije kwihutisha ishyirwamubikorwa ry’Imihigo n’izindi gahunda za Leta zitandukanye, kugira discipline no kunoza ibikorwa bya buri munsi bikorwa na DASSO, kwibukiranya inshingano za DASSO n’ibindi.
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…
Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…
kuri uyu wa 02 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, yayoboye inama y’umutekano yaguye y’Akarere yitabiriwe n’inzego…
Kuri uyu wa 30 Werurwe, hatashywe ku mugaragaro isoko ry’imboga n’imbuto ryavuguruwe ku bufatanye bw’Akarere n’umushinga KilimoTrust, riherereye mu…
Igikorwa cy’umuganda usoza ukwezi kwa Werurwe cyabereye mu mirenge yose igize Akarere ka Nyabihu, ku rwego rw’akarere kibera mu Murenge wa Kintobo.…
Mu Kagari ka Kijote, Umurenge wa Bigogwe,hatangijwe igikorwa cyo kubakira imiryango 30 yagizweho ingaruka n’ibiza, mu rwego rwo gufasha abaturage…
Abaturage bo mu Kagari ka Kazirankara, Umurenge wa Shyira, bifatanyije n’abayobozi batandukanye kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore, mu gikorwa…
Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…