INAMA NYUNGURANABITEKEREZO KU BUFATANYE NA SAIP
Inama nyunguranabitekerezo ku bufatanye bw’Akarere ka Nyabihu n’Umushinga SAIP (Sustainable Agriculture Intensification Project) yateranye kuri uyu wa gatatu, tariki ya 19 Gashyantare 2020. Iyi nama yari itumiwemo Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge ya Mulinga na Rambura, Abakozi bashinzwe imibereho myiza n’iterambere by`abaturage(SEDOs) baturuka mu Mirenge ya Mulinga na Rambura, abahagarariye amakoperative y’abahinzi, MINAGRI/ District Agriculture Inspector ukorera mu Karere ka Nyabihu.
Iyi nama nyunguranabitekerezo yari igamije kugaragariza abayitabiriye ibyo bamaze kugeraho mu kuzamura ubuhinzi bw’imboga, ibirayi, ibigori, ibishyimbo; kongerera ubushobozi inzego z’abahinzi, kuvugurura ubuhinzi no kugira imirire myiza. Abahinzi kandi bagobwa kongererwa ubushobozi muri gahunda yo kuhira imyaka no gukoresha amazi yo kuhira mu buryo bwiza, guhuza abahinzi n’amasoko no gufasha mu gutunganya umusaruro; gutubura ingemwe z’ibinyomoro, ingemwe z’avoka n’izindi.
Inama yayobowe n’Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu Wungirije Ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Habanabakize Jean Claude ari kumwe n’Umuyobozi w’Umushinga SAIP, Madamu Batamuriza Dorothee.
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…
Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…
kuri uyu wa 02 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, yayoboye inama y’umutekano yaguye y’Akarere yitabiriwe n’inzego…
Kuri uyu wa 30 Werurwe, hatashywe ku mugaragaro isoko ry’imboga n’imbuto ryavuguruwe ku bufatanye bw’Akarere n’umushinga KilimoTrust, riherereye mu…
Igikorwa cy’umuganda usoza ukwezi kwa Werurwe cyabereye mu mirenge yose igize Akarere ka Nyabihu, ku rwego rw’akarere kibera mu Murenge wa Kintobo.…
Mu Kagari ka Kijote, Umurenge wa Bigogwe,hatangijwe igikorwa cyo kubakira imiryango 30 yagizweho ingaruka n’ibiza, mu rwego rwo gufasha abaturage…
Abaturage bo mu Kagari ka Kazirankara, Umurenge wa Shyira, bifatanyije n’abayobozi batandukanye kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore, mu gikorwa…
Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…