INAMA YA KOMITE ISHINZWE IMICUNGIRE Y’IMISHINGA
Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 25 Werurwe 2025, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu mu Karere ka Nyabihu, Bwana Habanabakize Jean Claude yayoboye inama ya Komite ishinzwe imicungire y’ibiza mu Karere (District Project Management Committee).
Iyi nama yari igamije kurebera hamwe aho imishinga y’amajyambere igeze ishyirwa mu bikorwa kugira ngo hafatwe ingamba zo kwihutisha imishinga iri kudindira kubera kugenda buhoro.
Ni muri uru rwego hakozwe ibikorwa bitanduaknye, birimo; kuganira ku mishinga harebwa aho igeze no gutanga inama ku mishanga igaragara ko iri kugenda gake gake, gusura imishinga iri gukorwa mu Mirenge ya Jomba, Mukamira na Shyira.
Abagize iyi Komite kandi basuye inzu ziri kubakirwa abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka wa 1994 mu Murenge wa Mukamira, hasurwa umushinga wo kubaka ibiro by’Akagari ka Kavumu gaherereye mu Murenge wa Jomba hamwe n’umushinga wo gusana isoko rya Vunga riri mu Murenge wa Shyira.
Mu gihe cy’Icyumweru cy’Umujyanama cyabaye kuva ku wa 17 kugeza ku wa 19 Kamena 2026, abagize Inama Njyanama basuye ibikorwa bitandukanye mu mirenge…
Mu rwego rwo kwigiranaho ku ngamba zo kwesa Imihigo n’uburyo zishyirwa mu bikorwa, itsinda rigari ry’Akarere ka Nyabihu riyobowe n’Umunyamabanga…
Kuri uyu wa 13 Kamena 2026,Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette,yakiriye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko…
Abaturage bo mu Murenge wa Shyira mu Karere ka Nyabihu n’abo mu Murenge wa Mugunga muri Gakenke bishimiye irangira ry’ikiraro cyo mu kirere cyubatswe…
Kuwa 09 Kamena 2026, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Bwana Simpenzwe Pascal, yatangije icyumweru cyahariwe…
Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, ari kumwe na Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere, Bwana HABANABAKIZE Protais, bakiriye Intumwa ya…
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…
Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…