INAMA Y’IHURIRO FFRP
Muri gahunda yo gusuzumira hamwe uruhare rw’inzego zitandukanye mu kubungabunga umuryango ushoboye kandi utekanye, kuri uyu wa gatatu, tariki ya 21 Ukuboza 2022, hateranye inama yahuje (FFRP), itsinda ry’Ihuriro ry’abanyarwandakazi bari mu Nteko ishinga amategeko rigizwe na Hon. Depite Bakundufite Chrisrtine ari kumwe na Hon. Depite Mukabikino Jeanne Henriette yahuje ibyiciro bitandukanye ari byo, abagize Inama y’ubutekano itaguye y’Akarere ka Nyabihu, abahagarariye inzego z’umuteakano, CNF ku Karere, NCDP ku Karere, abahagarariye inzego z’abagore ku Karere no mu Mirenge, PSF, abahagarariye amadini n’amatorero.
Abitabiriye inama basuzumiye hamwe uruhare rw’inzego zitandukanye zikorera mu Karere, mu rwego rwo kubungabunga umuryango umeze nabi, ku buryo bw’imibanire ndetse n’umutekano.
Nyuma y’inama abagize iri tsinda ry’abadepite bo mu Ihuriro ry’abanyarwandakazi bari mu Nteko ishingamateko basuye imiryango ibiri ibanye mu makimbirane, iyo miryango ibarizwa mu Murenge wa Mukamira., aho bumvise ibibazo bituma bagirana amakimbirane, maze bagira inama abagize iyi miryango y’uko bagomba kwitwara neza mu mibanire yabo.
Mu gihe cy’Icyumweru cy’Umujyanama cyabaye kuva ku wa 17 kugeza ku wa 19 Kamena 2026, abagize Inama Njyanama basuye ibikorwa bitandukanye mu mirenge…
Mu rwego rwo kwigiranaho ku ngamba zo kwesa Imihigo n’uburyo zishyirwa mu bikorwa, itsinda rigari ry’Akarere ka Nyabihu riyobowe n’Umunyamabanga…
Kuri uyu wa 13 Kamena 2026,Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette,yakiriye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko…
Abaturage bo mu Murenge wa Shyira mu Karere ka Nyabihu n’abo mu Murenge wa Mugunga muri Gakenke bishimiye irangira ry’ikiraro cyo mu kirere cyubatswe…
Kuwa 09 Kamena 2026, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Bwana Simpenzwe Pascal, yatangije icyumweru cyahariwe…
Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, ari kumwe na Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere, Bwana HABANABAKIZE Protais, bakiriye Intumwa ya…
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…
Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…