ISUZUMA RY’IBIKORWA BYA HUMAN SECURITY
Mu Karere ka Nyabihu, kuri uyu wa 19/02/2019, hakiriwe itsinda riturutse ku rwego rw’Igihugu, riyobowe na ACP Rose Muhisoni na Rushisha Charles. Iri tsinda ryasuye Akarere mu rwego rwo gukurikirana ikemurwa ry’ibibazo bibangamiye imibereho myiza y’abaturage.
Nyuma yo kuganira n’inzego zitandukanye zikorera mu Karere, abagize itsinda bagiye kugenzura ahakorerwa ibikorwa bitandukanye byo muri uru rwego, aho basuye Imirenge ya Karago na Rambura.
Muri iyi Mirenge yasuwe abagize iri tsinda bagenzuye abaturage bakize amavunja, abatakirarana n’amatungo, abana bavuye mu mirire mibi, abaturage bubakiwe amacumbi.
Abayobozi ku nzego zose basabwe kurushaho gukurikirana ibi bibazo kugira ngo birangire burundu.
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…
Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…
kuri uyu wa 02 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, yayoboye inama y’umutekano yaguye y’Akarere yitabiriwe n’inzego…
Kuri uyu wa 30 Werurwe, hatashywe ku mugaragaro isoko ry’imboga n’imbuto ryavuguruwe ku bufatanye bw’Akarere n’umushinga KilimoTrust, riherereye mu…
Igikorwa cy’umuganda usoza ukwezi kwa Werurwe cyabereye mu mirenge yose igize Akarere ka Nyabihu, ku rwego rw’akarere kibera mu Murenge wa Kintobo.…
Mu Kagari ka Kijote, Umurenge wa Bigogwe,hatangijwe igikorwa cyo kubakira imiryango 30 yagizweho ingaruka n’ibiza, mu rwego rwo gufasha abaturage…
Abaturage bo mu Kagari ka Kazirankara, Umurenge wa Shyira, bifatanyije n’abayobozi batandukanye kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore, mu gikorwa…
Ku wa 18 Gashyantare 2026, mu Kigo cy’Urubyiruko habereye igikorwa cyo gusoza amahugurwa y’imyuga no guha impamyabumenyi urubyiruko 20 rwari rumaze…