UBUKANGURAMBAGA BWA MINISITERI Y’UBUREZI.
Ubukangurambaga bwa Minisiteri y’Uburezi bwakomereje mu Rwunge rw’amashuri ya Vunga, kuri uyu wa 31/01/2019, aho Minisitiri w’Uburezi, Dr. MUTIMURA Eugene afatanyije n’ umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Madamu MUKANDAYISENGA Antoinette, abahagarariye inzego z’umutekano n’abandi bayobozi.
Uyu muyobozi yasuye ikigo, areba aho umwarimu yigisha, asura abanyeshuri, atangiza na gahunda yo kugaburira abana amata; aho yashishikarije ababyeyi kugira uruhare muri iyi gahunda ku buryo kuri buri funguro buri mwana azajya ahabwa amata. Minisitiri w’Uburezi yishimiye ubuyobozi bw’ishuri ku isuku n’imiyoborere myiza bigaragara muri iki kigo, agenera igihembo umuyobozi w’ishuri. Uyu muyobozi kandi yagarutse ku ireme ry’uburezi aho Minisiteri y’Uburezi izajya ikoresha isuzumabumenyi buri kwezi na buri gihembwe kuri buri cyiciro cy’amashuri. Yemereye ikigo umurongo wa Internet wa 4G, ibikoresho bya computer lab bizakoreshwa mu ishami rya Computer Science. Yavuze kandi kuri gahunda ya Leta yo kuzamura imibereho myiza ya mwarimu.
Mu gihe cy’Icyumweru cy’Umujyanama cyabaye kuva ku wa 17 kugeza ku wa 19 Kamena 2026, abagize Inama Njyanama basuye ibikorwa bitandukanye mu mirenge…
Mu rwego rwo kwigiranaho ku ngamba zo kwesa Imihigo n’uburyo zishyirwa mu bikorwa, itsinda rigari ry’Akarere ka Nyabihu riyobowe n’Umunyamabanga…
Kuri uyu wa 13 Kamena 2026,Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette,yakiriye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko…
Abaturage bo mu Murenge wa Shyira mu Karere ka Nyabihu n’abo mu Murenge wa Mugunga muri Gakenke bishimiye irangira ry’ikiraro cyo mu kirere cyubatswe…
Kuwa 09 Kamena 2026, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Bwana Simpenzwe Pascal, yatangije icyumweru cyahariwe…
Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, ari kumwe na Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere, Bwana HABANABAKIZE Protais, bakiriye Intumwa ya…
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…
Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…