UMUNSI W’UMUHINZI W’IBIRETI
Umunsi w’umuhinzi w’ibireti wizihijwe kuri uyu wa kabiri, tariki ya 25 Gashyantare 2020, ku kibuga cy’umupira cya Bigogwe giherereye mu Murenge wa Bigogwe. Muri ibi birori bahayeho igikorwa cyo guhemba abahinzi bahize abandi mu kagaragaza umusaruro w’ibireti, abahinzi bahembwe ibintu bitandukanye harimo; Inka makumyabiri n’eshanu(25), Matela mirongo itatu(30), amasuka. imitaka, inkweto zo gukoresha mu kazi (bote).
Iki gikorwa cyitabiriwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu wungirije Ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Bwana Habanabakize Jean Claude ( Umushyitsi mukuru) ari kumwe na Bwana Bizimungu Gabriel( Umuyobozi mukuru wa Horizon Sopyrwa), hari kandi abahagarariye inzego z’umutekano zikorera mu Karere ka Nyabihu, uwaje ahagarariye umuyobozi wa NAEB, Bwana Hakizimana Fidele. Umunsi witabiriwe kandi n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyabihu, Bwana Ndizeye Emmanuel, Abanyamabanga Nshinwabikorwa b’Imirenge ya Bigogwe, Kabatwa na Jenda.
Mu gihe cy’Icyumweru cy’Umujyanama cyabaye kuva ku wa 17 kugeza ku wa 19 Kamena 2026, abagize Inama Njyanama basuye ibikorwa bitandukanye mu mirenge…
Mu rwego rwo kwigiranaho ku ngamba zo kwesa Imihigo n’uburyo zishyirwa mu bikorwa, itsinda rigari ry’Akarere ka Nyabihu riyobowe n’Umunyamabanga…
Kuri uyu wa 13 Kamena 2026,Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette,yakiriye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko…
Abaturage bo mu Murenge wa Shyira mu Karere ka Nyabihu n’abo mu Murenge wa Mugunga muri Gakenke bishimiye irangira ry’ikiraro cyo mu kirere cyubatswe…
Kuwa 09 Kamena 2026, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Bwana Simpenzwe Pascal, yatangije icyumweru cyahariwe…
Umuyobozi w’Akarere, Mme MUKANDAYISENGA Antoinette, ari kumwe na Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere, Bwana HABANABAKIZE Protais, bakiriye Intumwa ya…
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj.Gen.(Rtd) Albert MURASIRA, ari kumwe n’itsinda ayoboye, kuri uyu wa 01 Gicuransi 2026 yagiriye uruzinduko mu…
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu munsi ku rwibutso rw’Akarere ka Nyabihu ruherereye mu Murenge wa…
Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Umuyobozi w’Akarere, Mme Mukandayisenga Antoinette, yakiriye itsinda ry’abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya…